igisubizo health

igisubizo health dutanga service zishingiye kubuzima dufasha abantu bafite indwara zitandukanye+250784921506

*Muraho neza,*Reka turebe ku ndwara ya *Diabetes!*Uko Indwara ya   imunga umubiri nuko ushobora guhangana nayo!+25078492...
26/03/2025

*Muraho neza,*
Reka turebe ku ndwara ya *Diabetes!*

Uko Indwara ya imunga umubiri nuko ushobora guhangana nayo!
+250784921506
NI INDWARA IMUNGA UMUBIRI W’UMUNTU

Indwara ya diabete ni imwe mu ndwara
zitandura,izo bita non communicable diseases,ariko kugeza ubu ikomeje
kwiyogera cyane ku isi.Mu Rwanda imibare igaragaza ko abantu barwaye
diabette igenda yiyongera uko imyaka igenda ishira.Ikibazo gikomeye gihari nuko abantu benshi batarasobanukirwa
n’uburyo iyi ndwara ifata n’uko yakwirindwa.

Diabete iterwa no kuba mu
mubiri habuze umusemburo witwa .Uyu musemburo ukaba ufasha
gutunganya isukari mu mubiri.Iyo wakoze neza ni wo utuma isukari yo mu
mubiri itaba nyinshi cyangwa ngo ibe nke,ikaba iringaniye mu mubiri.
Impamvu zituma insuline idakora neza zishobora kuba
nyinshi: nk’uburwayi cyangwa kuba umuntu yaba afite ibinure byinshi
bikabangamira imikorere y’uyu musemburo ari byo bita resistance a
l’insuline.Cyangwa bikaba byakwizana umubiri wabikoze wonyine.

Diabete
igira ibimenyetso umuntu yayimenyeraho;ikunze kugaragazwa n’uko umurwayi aba yihagarika
cyane kandi kenshi. Iyo yihagarika cyane rero aba atakaza byinshi ari na
yo mpamvu bagira umwuma kubera ayo mazi aba yatakaje.

Diabete ntabwo ifata urugingo
rumwe,ni indwara mbi cyane kandi ikomeye,kuko iyo igeze
kure yica amaso, ikica umutima kuko hari igihe amaraso yo mu mutima
adashobora gutembera kubera ibinure biba byagezemo,yica impyiko,yica
ubwonko,imitsi yo mu bwonko ntikore neza,igafungana cyangwa igaturika,hari abakunze kugira ibyo bita pied diabetique,bakunze kugira ibisebe,imyakura ikangirika kugeza aho umuntu ashobora gukomereka ntamenye ko
yakomeretse. Burya umuntuu urwaye diabete aba akoraniweho n’ibintu
byinshi cyane.

Mu rwego rwo kwirinda iyi ndwara abantu bakwiriye
kwirinda,cyane bakora siporo cyangwa imyitozo ngororangingo,kurya
imbuto,imboga rwatsi,ntibarye ibintu bituma bagira ibinure byinshi
nk’amavuta menshi,akirinda kunywa inzoga n’amatabi(facteurs de risque)
kuko bituma wa musemburo ugabanuka cyangwa ntukore.

Ariko ku
wamaze kurwara diabete aba agomba kwirinda
biriya byose kandi akarya imboga n'imbuto agakora siporo byibuze
inshuro eshatu mu cyumweru,nta kindi umuntu arimo gukora,nta kindi
ubwenge bwe buhugiyeho kuko bituma umutima ukora neza bikawurinda
n’indwara.Uwo murwayi kandi agomba kwitwararika no gukurikiza inama zose
agirwa na muganga kandi agakurikiza gahunda muganga amuha,ntafate imiti
ngo nabona yorohewe ahite areka gusubira kwivuza.

Nubwo
diabete idakira,ni indwara umuntu ashobora kubana na yo igihe kirekire igihe yiyitaho bihagije kandi mubyo arya akifashisha Inyunganiramirire nazo zizwiho guhangana nayo no kunganira uyu musemburo no kuwuha imbaraga zo gukora neza zikanunganira urwagashya kugeza n'aho zishobora gukiza umurwayi iyi ndwara mu gihe azifashe igihe kirekire harimo n'izongera ubudahangarwa n'iziringaniza isukari mu maraso kandi zikanahangana na za ndwara
ziyuririraho zaba zitaragaragara zikazikumira!

Ku bundi bufasha n'ubujyanama ku buzima n'imirire bariza kuri +250784921506
Turanavura!!

25/03/2025
25/03/2025

dutanga service zishingiye kubuzima dufasha abantu bafite indwara zitandukanye+250784921506

Address

Kigali

Website

Alerts

Be the first to know and let us send you an email when igisubizo health posts news and promotions. Your email address will not be used for any other purpose, and you can unsubscribe at any time.

Shortcuts

Share